Warning: dir(/home3/umutihea/public_html/wp-content/upgrade/wordpress-seo.27.6/wordpress-seo/src/values/indexables/): Failed to open directory: No such file or directory in /home3/umutihea/public_html/wp-admin/includes/class-wp-filesystem-direct.php on line 655

Warning: dir(/home3/umutihea/public_html/wp-content/upgrade/wordpress-seo.27.6/wordpress-seo/src/routes/endpoint/): Failed to open directory: No such file or directory in /home3/umutihea/public_html/wp-admin/includes/class-wp-filesystem-direct.php on line 655

Warning: Cannot modify header information - headers already sent by (output started at /home3/umutihea/public_html/wp-admin/includes/class-wp-filesystem-direct.php:655) in /home3/umutihea/public_html/wp-includes/feed-rss2-comments.php on line 8
Comments on: Ibyo twibeshya ku nzoga https://umutihealth.com/ibyo-twibeshya-ku-inzoga/ Committed to see you Healthier Thu, 08 Jan 2026 21:24:19 +0000 hourly 1 https://wordpress.org/?v=7.0.2 By: Eric https://umutihealth.com/ibyo-twibeshya-ku-inzoga/#comment-108 Fri, 09 Sep 2016 10:13:46 +0000 http://umutihealth.com/?p=1037#comment-108 Ntabwo mbyemeye,haribyo nakwemera ariko 80% sinabyemera,kuki se abantu baba ahantu hakonja bazinywa cyane?
Kuki se hari abakora viol bazinyweye nuko baba batekereje,kuki se iyo bazinyweye bamwe batarangiza ibyo ndabihakanye biduhe ugaragaza proof zuko byideforma bitari ibyo ibyo nawe ibitekerezo byawe.

]]>
By: Inzoga https://umutihealth.com/ibyo-twibeshya-ku-inzoga/#comment-106 Fri, 09 Sep 2016 02:51:06 +0000 http://umutihealth.com/?p=1037#comment-106 Urakoze cyane Phn Natacha. Nanjye ndi Phn nkawe. Maze gusoma inkuru yawe, ndagira nkubwire ko ntanywa inzoga utaza kugira ngo nuko ntazinywa.
1. Icyambere nuko utanga ikiboneka nk’akamaro k’inzoga warangiza ukabihakana. Mbona icyaba cyiza wabihakana wifatikije reference scientifiques zifatika. Par ex, ukavuga ngo: “Nkuko ubushakashatsi bwakozwa na …. ukorera …. bwagaragaje ko ……” ibyo bituma abona ko utahakanye ugendeye ku marangamutima yawe.
2. icya kabiri; ese hari ibyiza byazo? niba bihari wari kubigaragaza then ugakora comparaison risques/benefices zazo noneho uzinywa agahitamo..

Ndangije ngushimira kubwa initiative nziza yo kwigisha abanyarwanda mu rurimi bumva.

]]>