Ikusanyamakuru

0
1320

Turabashuhuje.

Abagize itsinda UmutiHealth twateguye ikusanyamakuru ku ikoreshwa ry’imiti. Iryo kusanyamakuru rirareba buri wese ubyifuza, aho ari hose gusa by’umwihariko uri mu gihugu cy’u Rwanda ubu.

Nkuko bimeze, hari pages 3 iya mbere ni isobanura uko ikusanyamakuru rimeze, iyo ukanze kuri next ugera kuri page ya kabiri iriho ibibazo usabwa gusubiza, ugasabwa gusubiza ibiri byo kuko amakuru utanga afite byinshi avuze.
Page ya 3 ari nayo ya nyuma ni iyisoza inagaragaza ko warangije ibyo wasabwaga.

Tubashimiye ubwitange muri bubikorane kandi ibizavamo muzabimenyeshwa.

Kanda hano kugirango utangire